Ingo zisaga ibihumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare

Ingo zisaga ibumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare

Akarere ka Gakenke ni kamwe mu Turere tw’u Rwanda dufite abaturage…

Read more →

BARISHIMIRA KO BAHAWE IBIKORESHO BYUHIRA IMYAKA

Abanyamuryango ba Koperative Abahujingendo bahinga imboga n’imbuto mu Murenge wa Gakenke  mu gishanga cya Ryakiroro, bahawe ibikoresho byo kuhira…

Read more →

BARIZIHIZA IGIKOMBE CYO KUBA KU ISONGA MU KWISHYURA UBWISHINGIZI MU KWIVUZA

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gashenyi, buri kuzengurutsa igikombe mu baturage bawo bwahawe n’Akarere ka Gakenke nyuma y’uko uyu Murenge wabaye uwa mbere…

Read more →

Abaturage bizeye gutezwa imbere n’imihanda mishya iri kubakwa

Abatuye mu bice bitandukanye by'Akarere  ka Gakenke barasaba ko imihanda yo koroshya ubuhahirane iri kubakwa yihutishwa kugira ngo batangire bayibyaze…

Read more →

Icyo Amategeko ateganya ku masezerano abashyingiranwe bagirana ku bijyanye n’umutungo

Musoni Innocent, Umunyamategeko akaba na Noteri wa Leta mu Karere ka Gakenke yavuze ko amategeko y’u Rwanda ateganya uburyo butatu abashakanye…

Read more →

Arishimira uburyo BDF yamugobotse akiteza imbere

Niringiyeyezu Emmanuel, umuturage w’Akarere ka Gakenke mu Murenge wa Muhondo avuga ko nk’urubyiruko yishimira uburyo yiteje imbere mu myaka itanu…

Read more →

Muyongwe: Barishimira ikorwa ry’amaterasi y’indinganire

Abaturage b’Umurenge wa Muyongwe baravuga ko bizeye ko ubuhinzi bwabo bugiye kurushaho kubateza imbere bitewe n’amaterasi y’indinganire ari gukorwa…

Read more →

Yiteje imbere kubera ubuhinzi bw’ibinyomoro

Niyonambaza Pontien utuye mu Kagari ka Munyana, Umurenge wa Minazi avuga ko amaze kwiteza imbere ku buryo bugaragara abifashijwemo n’ubuhinzi…

Read more →

Koperative Twongere Kawa Coko ikomeje gufasha abaturage gutsinda ubukene

Abaturage n’abanyamuryango ba Twongere kawa Coko, Koperative ihinga kawa ikanatunganya umusaruro mu Murenge wa Coko, mu Karere ka Gakenke baravuga ko…

Read more →

Karasira yiteje imbere abikesha igihingwa cy’imboga

Karasira Samuel ufite imyaka 40 akaba umuhinzi w’imboga utuye mu Kagari  ka Kageyo, Umurenge wa Rushashi avuga ko atangira gukora umushinga wo guhinga…

Read more →