Abaperezida 116 ba Koperative z’Abunzi bahawe Telefoni zigezweho
Ku wa 9 Nyakanga 2026, Abaperezida 116 ba Koperative z’Abunzi bo mu Mirenge n’Utugari two mu Karere ka Gakenke bahawe telefoni zigezweho zizabafasha…
Akanyamuneza ku miryango 12 yubakiwe inzu muri gahunda y'Ingabo na Polisi yo gufasha abaturage
Ku wa 4 Kamena 2026 ubwo u Rwanda rwizihizaga ku nshuro ya 32 umunsi wo Kwibohora hanasozwa gahunda y'ibikorwa by'Ingabo z'u Rwanda (RDF) na Polisi…
uko Rutikanga Aimable yigobotoye ubusinzi bwari bugiye kumusenyera umuryango
Rutikanga Aimable wo mu Kagari ka Mbatabata, Umurenge wa Kamubuga, yahoze abona ubusinzi nk'ubuzima busanzwe, aho umunsi warangiraga ari mu kabari,…
Uko Guhuza ubutaka byahinduye ubuzima bw’abahinzi ba Gakenke, umusaruro urikuba
Mu myaka ishize, ahantu henshi mu Karere ka Gakenke wasangaga abahinzi bahinga mu buryo bwa gakondo, buri wese ahinga umurima muto mu buryo bwe,…
Gakenke: Hibutswe Jenoside yakorewe Abatutsi, Hashimwa uruhare rw’abayirokotse mu kubaka igihugu
Kuri uyu wa 14 Kamena 2026, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Buranga mu Karere ka Gakenke, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe…
Yamureze nk’uwe: Inkuru ya USABYEYEZU Françoise wahaye umwana atabyaye urukundo n’icyizere cy’ejo hazaza
USABYEYEZU Françoise, umubyeyi wo mu Karere ka Gakenke, akaba na Malayika Murinzi, wahisemo gufungurira umutima n’urugo umwana atabyaye, amuha…
Gakenke hizihijwe umunsi wahariwe umwana, Abaturage bahamagarirwa kurwanya igwingira n’imirire mibi
Mu Murenge wa Gashenyi habereye ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru wahariwe gahunda mbonezamikurire y’abana bato, hizihizwa insanganyamatsiko igira…
Gakenke: Abadepite bishimira intambwe yatewe mu buhinzi, abahinzi bagaragaza ibyabafasha
Umuyobozi w’Akarere yahaye ikaze itsinda ry’Abadepite [Mukabalisa Germaine na Nyiramana Christine] bari kumwe n’abakozi b’Inteko Ishinga Amategeko…
Gakenke: Hibutswe abagore n’abana bazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa #Buranga hari kubera igikorwa cyo #Kwibuka32 abagore n'abana bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye ibikorwa by’iterambere muri Gakenke
Ku wa 21 Mata 2026, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana, yagiriye uruzinduko mu Karere ka Gakenke, aho yasuye ibikorwa…