Ingo zisaga ibumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu Turere tw’u Rwanda dufite abaturage…
Umusozi wa Huro, ubumbtiye amateka akomeye mu mitegurire y’Umuganura, kuva mu kinyejana cya 16, ugiye kubakwaho inzu y’amateka hanatunganywe imihanda…
Ku wa 29 Nyakanga 2025 Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice arikumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Madamu Mukandayisenga…
Ku wa 23 Nyakanga 2025, mu Mirenge igize Akarere ka Gakenke hatangijwe ku mugaragaro gahunda y'Intore mu biruhuko, ku nsanganyamatsiko igira iti…
Ku wa 22 Nyakanga 2025 ubwo mu Karere ka Gakenke hafungurwaga ku mugaragaro imurikabikorwa ry’Akarere, abikorera n’abafatanyabikorwa b’Akarere…
Ku wa 18 Nyakanga 2025, Ku kigo cy'amashuri cya Our Sisters’ Opportunities giherereye mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke, habereye ibirori byo…
Mu Karere ka Gakenke hari kubera ubukangurambaga bugamije gusobanurira abaturage uruhare rwabo mu gukumira no kwirinda ibyaha bihungabanya…
Ku wa 8 Nyakanga 2025, mu Murenge wa Kamubuga w’Akarere ka Gakenke hatangirijwe ku mugaragaro ubukangurambaga bwo kurwanya ruswa, aho abaturage…
Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Madamu Mukandayisenga Vestine, yitabiriye umuhango wo gufungura ku mugaragaro, Ikusanyirizo ry’Abanyamuryango ba…
Mu 2017, Leta y’u Rwanda yatangije umushinga w’Ikigega cy’Ubwiteganyirize cyiswe Ejo Heza, ugamije gufasha Abanyarwanda kubona uburyo bwo kwizigama…