Ingo zisaga ibihumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare

Ingo zisaga ibumbi 75 mu Karere ka Gakenke zoroye amatungo magufi n’amaremare

Akarere ka Gakenke ni kamwe mu Turere tw’u Rwanda dufite abaturage…

Read more →

World Vision Rwanda yasoje umushinga wagabanyije ubukene mu mirenge itatu yo mu Gakenke

 Abaturage bo Mirenge itatu irimo Karambo, Gakenke na Nemba yo mu Karere ka Gakenke yakorerwagamo n’Umuryango Mpuzamahanga, World Vision, mu mushinga…

Read more →

World Vision Buranga Cluster yasoje ibikorwa byayo nyuma y’imyaka 20 ikorerra mu Mirenge itatu

Kuri uyu wa Kane tariki ya 14/09/2023, World Vision Buranga Cluster yasoje porogaramu ya Nyarutovu imaze imyaka 20 ikorera mu Karere ka Gakenke mu…

Read more →

Gakenke: Ibagiro rya Kijyambere rishobora kwakira inka 600 ku munsi

Ibagiro rya Kijyambere rya Gakenke riri mu mabagiro akomeye abarizwa mu Rwanda. Iri bagiro ryuzuye mu mwaka wa 2017 ritwaye asaga miliyoni 600…

Read more →

Abajyanama b’ubworozi bashikirijwe Smart Phone zizabafasha kunoza inshinano zabo

Mu rwego rwo gukomeza kunoza umurimo w’ubworozi hakoreshejwe ikoranabuhanga, Kuri uyu wa mbere tariki ya 28/08/2023, Umuyobozi w'Akarere ka Gakenke…

Read more →

Ababyeyi barashishikarizwa guha abana umwanya wo gukina cyane ko bidasaba ubushobozi buhambaye

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 24/08/2023, ku kibuga cy'umupira cya Nemba habereye ubukangurambaga bwateguwe n'Umuryango…

Read more →

Koperative y’abahinga kawa yageneye iy’abahinga ibigori inkunga ya 5,000,000 FRW

Koperative (COAGI) y’abahinzi b’ibigori bo mu Murenge wa Ruli, irashimira Koperative y’abahinzi ba Kawa yitwa Dukundekawa Musasa, ku nkunga yabageneye…

Read more →

Abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere basabwe gushyira mu igenamigambi imishinga itanga imirimo

Mu nama yahuje inzego zitandukanye, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 16 Kanama 2023, Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe Imibereho Myiza y'abaturage…

Read more →

Gakenke : Abaturage b’umudugudu wa Busaro barishimira ibiro by’umudugudu biyubakiye bifite agaciro ka 5.775.000 frw

Abaturage b’Umudugudu wa Busaro, Akagari ka Taba mu Murenge wa Gashenyi barishimira inyubako y’ibiro by’Umudugudu n’irerero ry’abana b’inshuke yuzuye…

Read more →

Hasojwe imurikabikorwa ryaranzwe n’udushya twinshi : Amafoto

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Kanama 2023, Umuyobozi w'Akarere ka Gakenke w'agateganyo Bwana Niyonsenga Aimé François ari kumwe na Secretary w'Inama…

Read more →