SERIVISI ZITANGIRWA MU ISHAMI RY'UBUREZI
Uburezi mu Karere ka GAKENKE bufite ireme ni inkingi y’iterembere rirambye ry’igihugu, akaba ari yo mpamvu Guverinoma y’u Rwanda ikora ibishoboka byose ngo bugerweho. Muri urwo rwego, hakozwe byinshi mu Karere ka Gakenke bikubiye muri gahunda rusange ya Leta y’uburezi.
SERVISI ZITANGIRWA MU ISHAMI RY'UBUREZI
1. Gusaba uruhushya rwo gufungura ikigo cy’amashuri
2. Gusaba guhindurirwa ikigo cy’ishuri
3. Gusaba akazi k’ubwarimu
4. Gusaba inkunga y’uburezi
5. Ikemezo cyo kuba warize gusoma no kwandika
6. Kwakira abakeneye amakuru kw’ibarurishamibare ry'uburezi
Kubindi bisobanuro mwarebera kuri iyi nyandiko irambuye
Uburezi mu Karere ka GAKENKE bufite ireme ni inkingi y’iterembere rirambye ry’igihugu, akaba ari yo mpamvu Guverinoma y’u Rwanda ikora ibishoboka byose ngo bugerweho. Muri urwo rwego, hakozwe byinshi mu Karere ka Gakenke bikubiye muri gahunda rusange ya Leta y’uburezi.