#KWIBUKA32: Urubyiruko rwasabwe gusigasira Ubumwe, ubudaheranwa no kurandura Ingengabitekerezo ya Jenoside
Ku wa 13 Mata 2026, mu Murenge wa Mugunga habereye igikorwa cyo #kwibuka32, Jenoside yakorewe Abatutsi, by'umwihariko abishwe bajugunywa mu migezi ya…
Depite Valens Muhakwa arasaba abazi ahajugunywe imibiri y’Abatutsi kuyavuga igashyingurwa mu cyubahiro
Depite Valens Muhakwa yasabye abanty abazi ahajugunywe imibiri y’Abatutsi by’umwihariko abo mu yahoze ari Superefegitura ya Busengo, kuyavuga…
#KWIBUKA32: Meya Mukandayisenga yibukije ko kwibuka Jenoside ari urufunguzo rwo kurwanya urwango n’amacakubiri
Umuyobozi w'Akarere, MUKANDAYISENGA Vestine, yibukije ko ko u Rwanda rwanyuze mu mateka asharira, asaba abanyarwanda kuyigiraho isoko ribafasha…
Abanya-Gakenke bakorera ahandi beretswe amahirwe y’ishoramari ari mu Karere
Ku wa 29 Werurwe 2026, Mu cyumba cy'inama cy'Akarere, habereye inama mpuzabikorwa ku iterambere ry'Akarere ka Gakenke, ifite insanganyamatsiko igira…
ABANYAMURYANGO BA KOPERATIVE DUKUNDEKAWA BIZIHIJE ISABUKURU Y’IMYAKA 25 BISHIMIRA IBYO BAGEZEHO
Ku wa 25 Werurwe 2026, Abanyamuryango ba Koperative Dukundekawa Musasa, ihinga ikanatunganyiriza kawa iwacu, bizihije isabukuru y’imyaka 25 imaze…
Gakenke: Abahinzi bashishikarijwe gushyira ibihingwa mu bwishingizi hirindwa ingaruka z’ihindagurika ry’ibihe
Abahinzi bo mu Karere ka Gakenke bashishikarijwe kwitabira gahunda yo gushyira mu bwishingizi ibihingwa mu rwego rwo kwirinda ingaruka z’ihindagurika…
Gakenke: Abaturage biyubakiye umuyoboro ukemurira ikibazo cy’ibura ry’amazi ingo zisaga 150
Mu 2023 ni bwo abaturage bo mu Murenge wa Minazi, Akagari ka Gasiho, Umudugudu wa Kabarima batangije umushinga wo gukemura ikibazo cy’ibura ry’amazi,…
Akarere ka Gakenke kahawe ibihembo by’ibikorwa bigamije gusubiza ibibazo abaturage bafite
Umurenge wa Ruli n'Umudugudu wa Kabarima mu Murenge wa Minazi yahawe ibihembo na Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu, kubera ibikorwa yahanze bigamije…
Gakenke: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’Umugore hagarukwa ku ruhare agira mu iterambere
Kuri uyu wa 8 Werurwe 2026, mu Mirenge yose y'Akarere hizihijwe Umunsi Mpuzamahanga w'Umugore, hagarukwa ku ruhare afite mu iterambere ry'umuryango…
Imirenge ya Ruli na Kivuruga yegukanye igikombe mu marushanwa Umurenge Kagame Cup
Ku wa 21 Gashyantare 2026 mu Karere ka Gakenke habaye imikino ya nyuma y’Amarushanwa Umurenge Kagame Cup ku rwego rw’Akarere, aho mu bagabo, ikipe…