Umunsi w’abakozi ni igihe cyo gufata ingamba z’ibyo tugomba kugeraho-Umuyobozi w’akarere

Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias, avuga ko kwizihiza umunsi w’abakozi ari ngombwa kuko umukozi yishimira ibyo yagezeho akanafata ingamba z’ibindi agomba kugeraho mu minsi iri imbere. Umuyobozi...[more]
Urubyiruko rwo mu Karere ka Gakenke rwakoze Inteko rusange ngarukamwaka

Mu Karere ka Gakenke kuri uyu wa gatanu tariki 19 Mata 2013 hasojwe inteko rusange y’Urubyiruko ngarukamwaka yari imaze iminsi ibiri iteraniyemo urubyiruko rusaga 165 b’urubyiruko ruhagarariye urundi mu mirenge...[more]
Abadepite 15 bifatanyije n’Abanyagakenke mu muganda rusange

Kuri uyu wa gatandatu, tariki 27/04/2013, itsinda ry’abadepite 15 riyobowe na Hon. Mudidi Emmanuel ryifatanyije n’abaturage mu muganda ngarukakwezi batunganya umuhanda uri mu Kagali ka Nganzo Murenge wa Gakenke, Akarere ka...[more]
Minisitiri Agnes KALIBATA yasuye Zone ya PAPSITA MINAZI mu rwego rwo gusoza ibikorwa by’umushinga

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Mme Agnes Kalibata avuga ko ubutaka buto Abanyarwanda bafite batabyaza umusaruro nk’uko bikwiye. Yaboneyeho gusaba abahinzi bo mu Karere ka Gakenke kubyaza umusaruro ubutaka bwabo...[more]

